in

Igikombe iragishaka cyane: Caleb wahaye ibyishimo abafana ba Rayon sport yagaragaye mu myitozo yayo (video)

Nyuma y’uko ku munsi w’ejo Rayon sport imaze gusinyisha Rwatubyaye Abdul ndetse hongeye kugaragara bamwe mu bakinnyi bakomeye mu myitozo yayo.

Ku munsi w’ejo mu nzove hagaragaye Caleb wanyuze muri Rayon sport ndetse agakora amateka wongeye kugaruka mu myitozo ya Rayon sport.

Nkuko umutoza Haringingo Francis abitangaza yahishuye ko caleb n’undi munya Cameroon basabye kuza gukora igeragezwa muri Rayon sport kugirango barebe urwego rwabo,ndetse bishoboka ko basinya amasezerano muri Rayon sport.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

The Ben yabwiye Meddy amagambo akomeye ashimangira ubucuti bwabo

Miss Rwanda 2050! Uri mwiza pe! – Ubwiza bw’umwana wa Clapton Kibonge bwemeje abakoresha instagram