in

Igihe umukino wa gicuti uzahuza Amavubi na Guinea uzabera cyamenyekanye

Ikipe y’igihugu ya Guinea izakina umukino wa gicuti n’ikipe y’igihugu Amavubi tariki 2 Mutarama, bidasubirwaho..

Guinea irateganya kuza mu Rwanda kwitegura imikino y’igikombe cy’Africa cy’ibihugu kizabera muri Cameron muri Mutarama, ndetse ikazakina umukino wa gicuti n’Amavubi mu kunoza imyiteguro yayo.

Nyuma yo kubona itike yo gukina iyi mikino yari iteganyijwe kuba mu mpeshyi ikaza kwimurwa, Guinea iherereye mu itsinda B, aho iri kumwe na Malawi, Senegal na Zimbabwe.

Uyu mukino uzayoborwa n’abasifuzi baturuka mu Burundi, Gatogoto George, Kakunze Herve na Niyongabo Emery.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali: Abantu 23 barimo n’umuhanzi khalifan bafashwe bakoze ibirori bitemewe(Amafoto)

Reba ingaruka zibasira abagore batera akabariro ntibarangize.