in

Ifoto y’umunsi: Umugabo wagaragaye ahetse umwana we ndetse ari no gufana akomeje gukora abatari bake ku mutima

Umugabo wagaragaye ahetse umwana we ari muri sitade ndetse ari no gufana byacitse akomeje gusakara ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye, ahantu hatandukanye.

Uyu mugabo ni umwe mu bakunzi b’ikipe ya Mukura Victory Sports akaba yari yitabiriye umukino wahuzaga ikipe ye na Apr Fc, ubwo yari ari ku kibuga yari yazanye n’umwana we kureba umukino. Kera kabaye uwo mugabo yaje guheka umwana we wari wananiwe guhagarara.

Iyo foto yerekana uwo mugabo yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, aho yahise itangira kuvugisha abantu ndetse inakora benshi ku mutima kubera kwicisha bugufi uwo mugabo yagaragaje aheka umwana we.

Ifoto y’uwo mugabo

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Umuhoza odile 0788529017
Umuhoza odile 0788529017
2 years ago

Ntawutagira amarangamutima

Ibyari umunezero w’umukino byaje kurangira ari imvururu zikomeye

Cristiano Ronaldo yihembye umuzinga w’imodoka igura akayabo k’amafaranga