in

Ibintu byakomeye kubera umukino wejo

Umukino wishirani hagati Apr fc na Mukura vs wongeye kugaraka ese mukura irongera itsinde doreko iri niwayo cyangwa Apr irazakwikura hari mu karere ka huye doreko umukino uhereka Apr ya wutakaje ya na wakiriye.

Kuri uyu 13 werurwe 2022 ikipe ya Mukura iraza gutana mu mitwe n’ikipe ya Apr fc hariya mukarere ka Huye. Umukino ubanza wari wakiriwe n’ikipe ya Apr ukaza kurangira impande zombi zitandukanyijwe nigitego cyimwe cya mukura yatsindiwe nu musore wu muhana bita munyarugabo Moises.


Mbibutseko uyu mukino ugiye kuba nyuma Yuko na none ubuyobozi bwa Apr bwongeye kuganiriza abasore babo bakabibutsa ko intego za Apr buri mwaka Ari igikombe ndetse no gutsinda, ibi bikaba byiyongera nokumyitozo idasazwe bari gukora.

 

Hagataho Kandi na mukura yatangajeko igomba gusoza shampiona Ari iya kabiri 2 kurutonde biracyateye amatsiko gusa Yaba Apr iramutse ikoze ikosa yahita ijya kugitutu giteye ubwoba Yaba na mukuru irashaka umwanya wa kabiri Kandi izaba irimbere ya bafana bayo.

Written by Kubwayo JD

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yoooo biteye agahinda nubwo ariwe wa byiteye

Ku myaka ye 56 aracyari isugi, ibintu bikomeje gutangaza abantu