in

Ibibera ku mihanda ya Kigali ntibyoroshye! Uwase Muyango yabaye igitaramo ku mbuga nyuma yo gutangaza ko yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi kandi yarabyaye -AMAFOTO

Umunyarwandakazi witabiriye amarushanwa ya Nyampinga w’u Rwanda uzwi kw’izina rya Uwase Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto (Miss Photogenic 2019) yakorewe ibirori byo gusezera urungano “Bridal Shower”.

Ni mu gihe yitegura kurushinga na Kimenyi Yves, tariki 06 Mutarama 2024.

Gusa ibyo birori bikomeje kuvugisha benshi bibaza ukuntu umuntu ufite abana kandi akaba yabanaga n’umugabo babyita gusezera ku bukumi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Papa Cyangwe yise Rocky Kirabiranya imbwa anakomoza kwizina Rocky yise imbwa ye

“Ntamwanya mbifitiye abyikorere”! Umuhanzi Bruce Melodie yahaye igisubizo abantu bamusabye kwamamaza indirimbo ya The Ben ku mbuga ze