in

Huye;. Imodoka ziheruka muri gare i kigali bagenda n’amaguru

Bamwe mu baturage batuye ndetse n’abagenda mu ntara y’amagepfo, barinubira serivise y’ingendo muri iyi ntara cyane cyane mu karere ka Huye.

Ibi bibaye nyuma y’uko zimwe mu modoka za Volcano zavanywe mu ntara y’amagepfo nubwo ubuyobozi bwa Volcano bwo bwemeje ko bafite imodoka nyinshi zakora mu mujyi wa Kigali ndetse n’intara y’amagepfo.

Iradukunda Jean De Dieu wiga mu mwaka wa kabiri ubuyobozu muri kaminuza nkuru y’u Rwanda ishami rya Huye, yahamirije Yegob aya makuru ko kubona imodoka ijya mu mujyi wa Kigali aho yari atashye ari ikibazo.

Yagize ati “Nari ngiye gusuhuza ababyeyi gusa ariko nawe urabibona ko hano muri huye nta modoka uhabona, umwanzuro ni ugusubira ku ishuri nta kindi”.

Si uyu gusa ubyemeza, kuko muri gare ya Huye uhasanga huzuye abantu bategereje imodoko hakabya kubamo imodoka nyinahi hakaba harimo nk’imodoka ashatu mu gihe abagenzi baba barenga igihumbi.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ndagukunda urabizi” Yago mu byamamare byifurije Bianca Baby isabukuru nziza y’amavuko

Umukobwa yahemukiye Sheri we wari wamwambitse impeta(video)