in

Harahiye:Havumbuwe aho Phil Peter na Kenny Sol bibye igitekerezo,Harmonize ashinjwa kubiba.

Nyuma y’igihe gito Ibinyamakuru byo mu Rwanda ndetse n’ibyo muri Tanzania biha urw’amenyo umuhanzi ukomeye wo muri Tanzania Harmonize ko yibye igitekerezo Phil Peter cyo gukora amashusho y’indirimbo”leave me alone”muri iyo ndirimbo hagaragaramo amashusho umuntu asa nkucuramwe mu m’amaguru ahagaze bivugwa ko icyo gitekerezo yakibye mu ndirimbo ya Phil Peter na Kenny Sol bise”Terimometa”

Byagaragaye ko abahanzi Phil Peter na Kenny Sol nabo bakuye igitekerezo cyo gukora amashusho nkayo twavuze haruguru mu ndirimbo imaze imyaka 6 yitwa”Upside Down Flow” y’umuhanzi “Mac Lethal” wo hanze y’u Rwanda.None ibyo byatumye abantu bibaza niba Harmonize yaribye igitekerezo Phil Peter na Kenny Sol cyangwa nawe yagikuye k’umuhanzi Machine Lethal.

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Biratangaje: Umukobwa w’ikizungerezi witabiriye Miss Rwanda yagiye gucuruza igikoma

Ushobora kwitaba Imana niba udasinzira aya masaha