in

Biratangaje: Umukobwa w’ikizungerezi witabiriye Miss Rwanda yagiye gucuruza igikoma

Umukobwa w’ikizungerezi wigeze twitabira irushanwa ry’ubwiza rya Miss Rwanda gusa akaza kuvamo rugikubita witwa Miss Igete yashyize hanze ubuzima bwe bw’ibanga yanyuzemo bwatunguye abantu benshi.

Mu kiganiro yagiranye na Mei Emper ya Irene Murindahabi ikorera kuri YouTube dukesha iyi nkuru, yatangaje ko yigeze guca mu buzima bukomeye ubwo yafashe umwanzuro wo kujya gucuriza igikoma muri resitora gusa agacibwa intege nabazaga muri iyo resitora bamubwira ko umukobwa mwiza nkawe ntakwiye gukora ako kazi ko gutanga igikoma.

Uyu mukobwa kandi akomeza avuga ko nubwo yagiye muri Miss Rwanda akavamo ku ikubitiro iri rushanwa ryamufunguriye amayira kuko ngo ryatumye afungura amaso atangira gushakisha hirya no hino.

Akomeza agira inama abakobwa bakunze gutwara inda maze bakazikuramo, ababwira ko iyo ukoze imibonano mpuzabitsina bikaza kurangira utwite kandi utabiteganyaga, icyo wakagobye gukora ni ugutangira gutekereza ukuntu wabyara uwo mwana, yagize ati ‘jya ubyara uwo mwana n’ubundi dusigaye dupfa tukiri bato”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Eric
Eric
1 year ago

Hhhhhhhh ntafoto ntacyabaye

Hamza
Hamza
1 year ago

Ikosa yakoze ni ugucika intege kuko abo babimubwiraga ntibari kumutunga they just comment and go. Ikindi kandi wa munyamakuru ujye ukora Citation neza unarebe neza abbreviation kuko MEI ntibaho ahubwo ni MIE. murakoze

“Uyu wakoze ibi na satani azamwihakana “Shaddyboo yibasiwe n’umusore wa mushushanyije bidasanzwe

Harahiye:Havumbuwe aho Phil Peter na Kenny Sol bibye igitekerezo,Harmonize ashinjwa kubiba.