in

Habonetse umurambo w’umugabo ku mupaka w’u Rwanda na Uganda, gusa haracyekwa icyamwishe

Rugwabiza Edouard wari ufite imyaka 66, yasanzwe mu ishyamba ryegereye umupaka wa Uganda mu Karere ka Gicumbi yapfuye.

Umurambo we wabonetse kuri uyu wa 14 Mutarama 2024, mu murenge wa Kaniga, Akagari ka Nyarwambu, umudugudu wa Cyasaku.

Byageze mu gitondo bajya kumushakisha, bageze mu gashyamba kari hafi n’ umupaka ku gice cy’u Rwanda, nibwo babonye umurambo wa nyakwigendera yapfuye.

Bamwe mu baturage bavuga ko ashobora kuba yishwe n’inzoga ya Kanyanga, icyakora inzego zibishinzwe ntabwo zirabyemeza

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru mashya ku bakinnyi 7 b’ikipe ya Rambura WFC bakubiswe n’inkuba bakaba bari barembeye mu bitaro – AMAFOTO

Hazajya harya uwiyushye akuya! Ibiciro by’ibiribwa ku masoko byikubye kabiri