in

Amakuru mashya ku bakinnyi 7 b’ikipe ya Rambura WFC bakubiswe n’inkuba bakaba bari barembeye mu bitaro – AMAFOTO

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 13 Mutarama 2024 nibwo bamwe mu bakinnyi b’ikipe ya Rambura WFC bari mu bitaro bya Byumba muri mu karere ka Gicumbi nyuma y’uko bakubiswe n’inkuba ubwo bari mu mukino wabahuzaga na Inyemera WFC.

Nta n’umwe witabye Imana, gusa harimo abakomeretse bahise bajyanwa kwitabwaho kwa muganga.

Abakinnyi bose bari bagize ikibazo ku mukino wahuje Inyemera WFC na Rambura WFC bakajya mu bitaro kubera gukubitwa n’inkuba, bamaze gusezererwa nyuma yo koroherwa.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abantu mupfa kwisiga amavuta mubonye yose, dore ahantu heza ukwiye guhahira cyangwa ugure Glycerine uvunga n’asanzwe wisiga ubundi ugatandukana n’indwara zose z’uruhu  

Habonetse umurambo w’umugabo ku mupaka w’u Rwanda na Uganda, gusa haracyekwa icyamwishe