in

Habereye impanuka y’indege ihitana ubuzima bw’abantu benshi

Igisirikare cya Sudani cyatangaje ko indege ya gisivili yahitanye abantu icyenda harimo abasirikare bane, nyuma y’uko ikoze impanuka biturutse ku kibazo cya tekiniki.

Itangazo ryasohowe rivuga ko “indege ya gisivili yo mu bwoko bwa Antonov yakoreye impanuka ahitwa i Port Sudan Airport, bitewe n’ikibazo cya tekiniki, igahitana abantu 9.

Umwana umwe akaba yarokotse iyo mpanuka”. Iyo mpanuka yabaye ku cyumweru tariki 23 Nyakanga 2023.

Port Sudan aho iyo impanuka yabereye, ni muri leta ya Red Sea, mu burasirazuba bw’icyo gihugu, ukaba ari umwe mu mijyi ikomeye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ny’iribyago imbwa ziramwonera koko! Agahinda ni kenshi kuri Emery Bayingana n’ikipe ye ya Gor Mahia

Menya kandi Usobanukirwe Impamvu hari bamwe mu bagore bahorana ubushake bwo gukora imibonano