in

Ese Imana ibaho koko?-Umugabo nyuma yo guhura nibigeragezo bikomeye ahakanye ko Imana ibaho

Imana ibaho koko? – Umugabo mu gahinda kenshi aribaza icyo yakoreye nyuma yuko bisi amaze iminsi mike aguze igurumanye

Uyu mugabo wo muri Nijeriya yerekeje ku mbuga nkoranyambaga mu gahinda kenshi kandi yibaze niba koko Imana ibaho nyuma yo kwizigamira amafaranga mu gihe kingana  n’imyaka itatu ashaka kugura bisi kugira ngo atangire ubucuruzi bwe, bisi agafatwa n’inkongi y’umuriro mu gihe gito ayiguze.

Ku wa mbere, tariki ya 17 Ukwakira, yifashishije urubuga rwe rwa Twitter kugira ngo agaragaze ko yishimiye imodoka nshya yari yaguze nyuma y’imyaka itatu akora cyane ngo ayigure.

Yagize ati:” Nyuma yimyaka 3 yinzara, nzigama Nabonye iyi modoka nzakoresha mu rugendo rwo kwiteza imbere, ntabwo byari ibintu byoroshye nyuma yo gutakaza akazi. ”

Ikibabaje ni uko ku wa kabiri, tariki ya 18 Ukwakira, hashize umunsi umwe aguze bisi yashyize amafoto hanze irimo kugurumana.

Yavu,e agira ati:” Ese koko Imana ibaho?? Imodoka yanjye irahiye nta bufasha nabumwe mfite,Mu myaka myinshi ndwana nubuzima, kuki Imana itanyambuye ubuzima mugihe nakoraga cyane kugirango mbone aya mafaranga.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Benzema yasobanuye impamvu akina yaziritse intoki ze n’umukeba wabimuteye

Harahiye: Shaddy Boo agiriye inama abasambanyi kandi akomeje avuga ko wagira ngo aratwite