in

Harahiye: Shaddy Boo agiriye inama abasambanyi kandi akomeje avuga ko wagira ngo aratwite

Mbabazi Shadia wamenyekanye ku mbuga nkoranyambaga ku izina rya Shaddy Boo, kuri uyu munsi abyukiye ku rukuta rwe rwa Instagram ari live atangaje abamukurikira.

Yagiriye kuri Instagram ye yambaye agakanzu kagaragaza mu mabere he yarengejeho ikote hasi akenyeye isume gusa nyuma gato yakuyemo ikote yari yambaye maze asigarana kagakanzu kagaragaza amabere ye.

Abantu bamubajije niba afite inda bitewe n’ukuntu yabyibushye akazana inda, yahagurutse maze agira ati ‘koko wagira ngo ndatwite, gusa iyi nda yanjye hari abakunda kuyiryamamo.”

Shaddy Boo kandi yagiriye inama abantu basambana agira ati “mwe nzabatanga mu ijuru kuko Imana izahana, kandi ni mwe mukunda kumvuga nabi, muba mukora icyaha.

Abavuga ko akunze kuba yasinze yababwiye ko batazi ubuzima acamo, babona anywa inzoga cyangwa itabi ariko batazi impamvu ibitera. Akomeza avuga ngo bamureke yirire isi kuko sibo bayimuzanyeho.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ese Imana ibaho koko?-Umugabo nyuma yo guhura nibigeragezo bikomeye ahakanye ko Imana ibaho

Umuhanzikazi Bwiza yasubije mu buryo butangaje umufana we wamusabye kumuremera inoti y’igihumbi