in

Element yarize arahogora ubwo yari mu muhango wo gusezera inshuti ye magara Kinyoni witabye Imana(videwo)

Mu muhango wa gusezera mu cyubahiro Kinyoni wakoreraga muri County Records yo kwa Element byari amarira n’agahinda ku nshuti ze nka Element ndetse n’abandi bantu benshi no ku bagize umuryango we.

Uyu Kinyoni yazize uburwayi, aho yaguye mu bitaro bya Nyarugenge nkuko byatangajwe n’umuvandimwe we Noopja wuhagarariye County Records yakoreragamo.

Havugiwe ubuhamya butandukanye, bwibyo Kinyoni yagiye acamo Mubuzima bwe nkuko bijya bigenda mu muhango wo gusezera ku muntu witabye Imana maze bigatuma amarira yiyongera.

Dore videwo aho hasi igaragaza uko byari bimeze:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Zimbabwe: Undi mukobwa w’imyaka 9 yatewe inda

Umutoza w’Amavubi Carlos Alos byamusabye imikino 7 yose kugira ngo abone itsinzi ye ya mbere