in

Dore uburanga bw’umukobwa ukiri muto wambitswe ikamba ryo kuba ari we mwiza kurusha abandi ku isi(AMAFOTO)

Umukobwa ukiri muto cyane witwa Yael Shelbia w’imyaka 19 y’amavuko ukomoka mugihugu cya Isiraheli ni we wambitswe ikamba ry’umukobwa mwiza kurusha abandi bose ku isi muri 2020.

Yael Shelbia ukomoka mugihugu cya Isiraheli

Uru rutonde rw’abagore beza cyane kurusha abandi ku isi rwakozwe na TC Candler izobereye mu gukora intonde z’ubwiza ku migabane itandukanye y’isi. Uyu munyamideli w’imyaka 19 yamavuko ,Shelbia niwe wahabwaga amahirwe cyane muri aba bakobwa n’abagore 100 bari bahanganye hashakisha uhiga abandi.

Uru rutonde rw’abagore beza cyane kurusha abandi ku isi rwakozwe na TC Candler

Shelbia asanzwe ari umunyamideli wabigize umwuga akurikirwa n’abarenga miliyono kumbuga nkoranyambaga ze.

Shelbia niwe wahabwaga amahirwe cyane muri aba bakobwa n’abagore 100

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Seychelles iri mu gahinda gakomeye nyuma y’umuntu wabo wa mbere wishwe na COVID19.

Ngibi ibintu by’ingenzi umukobwa wese akwiye kugira ibanga rikomeye mu rukundo.