in ,

Dore ikosa Zidane yakoze arinaryo ntandaro y’ibibazo bya Real Madrid

Muri iyi minsi ikipe ya Real Madrid imerewe nabi cyane aho imaze kunganya imikino ine yose ikurikiranye, ibi rero bikaba byaratumye Zidane atanga ibisobanuro kuri uku kwitwara nabi kudasanzwe kw’abasore be, gusa Zidane ngo asanga byose biterwa n’ikosa rimwe yakoze.

 (Reuters)

Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru Zidane akaba yagize ati :”Nk’umutoza, ninjye ugomba guhitamo abakinnyi tugura. Nubwo bwose president ariwe ufata icyemezo cyanyuma, ibintu bikorwa nabigizemo uruhare. Urugero uyu mwaka nta bakinnyi twaguze kuko ntabyo twari dukeneye kandi twari twagaruye bamwe mu bakinnyi bahoze ari abacu ( Morata Asensio na Coentrao) twari dukeneye. Umwanya umwe wonyine niwo twasize utagira umusimbura nyakuri, uwo mwanya akaba ari 6, umwanya wa Casemiro ”

Aha ngaha rero Zidane akaba yarashatse kumvikanisha ko kutagura umusimbura wa Casemiro aribyo bigiye kumukoraho kuko kuva uyu Casemiro yavunika Real Madrid ntiyongeye gutsinda ukundi, igenda inganya gusa kandi igihe Casemiro yari ahari batsinze imikino 5 ikurikiranye kuva saison itangiye

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Video w’umukobwa wahoze ari umukunzi wa Neymar ari mu mibonano mpuzabitsina yateje impagarara muri Brazil (video)

Donald Trump ushobora kuyobora USA yagaragaye muri Filme y’urukozasoni