in

DJ Bisoso yateje impaka ndende nyuma yo kumugereranya n’umwana yirereye.

DJ Bisoso ,umwe mu bavangavanga umuziki hano mu Rwanda bakomeye yatumye benshi bacika ururondogoro nyuma yo kwanga ko bamugereranya n’abadijay bakinjira muri aka kazi ubwo bamushyiraga mu marushanwa yateguwe na THE CHOICE LIVE kuri Isibo Tv aho bagombaga guhitamo umudijay w’umwaka.

Bisoso yagombaga guhangana na DJ Ira(umwe mu bakobwa yazamuye akamutoza kudijinga),DJ Toxxyk,DJ Diallo,na DJ Marnaud.Bisoso abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter yanditse asaba ko bamukura ku rutonde rw’abadijay bazahatanira iki gihembo.Benshi mu bafana búyu mudij bakaba bagiye bagaruka ku bijyanye n’uburyo bashatse ku mugereranya n’abakizamuka(abana mu mukino) nk’uko babivugaga.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Impungenge ni zose ku bantu bakingiwe COVID19 none bakomeje kuyandura.

Umu Slay Queen yafashwe ku ngufu n’abasore benshi birangira apfuye.