in

Umu Slay Queen yafashwe ku ngufu n’abasore benshi birangira apfuye.

Umukobwa utunzwe no kwicuruza bamwe bita Slay Queen yasambanyijwe ku ngufu n’abasore benshi ubwo yari ku rubyiniro (stage)bimuviramo urupfu.

Nk’uko amakuru akwirakwizwa hirya no hino mu gihugu cya Ghana abivuga, nyakwigendera Ama yitabiriye ibirori bya Karnival byabereye i Budumburam mu karere ka Gomoa mu Burasirazuba bwa Ghana, aza kubyina akorera amafaranga menshi agera ku madorali 100, umunaniro no gusambanywa ku gahato n’abasore benshi bimuviramo urupfu rutunguranye ku wa Gatandatu, tariki ya 16 Mutarama 2021.

Byamenyekanye ko kuri Karnivali ikibazo cyatewe imbaga y’abantu ubwo bashyiragaho integano y’umuntu uri bubyine kurusha abandi ko ari buhabwe amadorari 100. Ama yaje kujya kurubyibniro arabyina karahava.amafanga arayakukana. Nyakwigendera yagiye ku rubyiniro yambaye imyenda igaragaza imyanya y’ibanga abasore bamwirundaho batangira kumukorakora ku bice byibanga, yaje gucika intege bituma ahagarika kubyina.

Ababyiboneye bavuga ko Ama yapfuye amaze gusimbuka ku rubyiniro avunika ijosi agerageza gutoroka abagabo bamusambanyaga mu gihe cyo kubyina kwe.Hagati aho, undi muntu wabyiboneye avuga ko mu gihe yamanukaga kuri stage, abantu bagumye kumwuzuraho bamusambanya agataka cyane ntiyabona ubutabazi kuko batekerezaga ko yari yasinze. Nyuma yagejejwe kwa muganga ahita apfa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

DJ Bisoso yateje impaka ndende nyuma yo kumugereranya n’umwana yirereye.

Ukuyemo amafaranga, reba ibindi bintu abakobwa babanza kureba ku basore mbere yo kubemerera urukundo.