in

Diamond Platinumz yigaranzuye abarimo Meddy

Umuhanzi Diamond Platinumz yegukanye igihembo cy’umuhanzi wahize abandi muri Afurika y’iburasirazuba mu bihembo bya The Headies 2022.

Platnumz yegukanye iki gihembo ahigitse abahanzi barimo Meddy (Rwanda) , Harmonize (Tanzania) , Eddy kenzo (Uganda) , Nikita Kering (Kenya) na Zouchu (Tanzania).

Ni mu bihembo ngarukamwaka bya The Headies bihemba abagize uruhare mu iterambere ry’umuziki cyane cyane wo mu gihugu cya Nigeria.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza Carlos Ferrer yatunze agatoki umuntu ukwiye kubazwa umusaruro mubi w’Amavubi

Ifoto: Abazungu 40 baje gusabiriza bitwaje kuba mukerarugendo batawe muri yombi