in

Ifoto: Abazungu 40 baje gusabiriza bitwaje kuba mukerarugendo batawe muri yombi

Abantu bagera kuri 40 bakomoka mu gihugu cya Jordan mu burengerazuba bw’Asia batawe muri yombi nyuma yo gufatwa barimo basabiriza ku muhanda muri Mombasa.

Inkuru ya The Nation ivuga ko bashakaga amafaranga y’ibiribwa kuko byari byabashiranye ndetse ntibari bafite uburyo bwo kugera i Nairobi aho bavugaga ko bashaka gukomereza urugendo inzara ibazahaje barasabiriza.

Bamwe mu baturage batunguwe no kubona aba bazungu baka amafaranga mu gihe abandi baturage bo bari baziko aho bazungu aribo bazana  amafaranga mu gihugu.

Umuturage witwa Mohamed Hamisi, yagize ati “Barimo basaba guhabwa amafaranga. Twaratunguwe kuko tutigeze tubona ibintu nk’ibi kuva mbere.”

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Diamond Platinumz yigaranzuye abarimo Meddy

Zari the lady boss wahoze mu rukundo na Diamond platnumz yikomeye ab’igitsina gore