imikino
Crisitiano Ronaldo yamaze kubona ikipe y’amasaziro

Umukinnyi rurangiranwa Cristiano RONALDO akaba yamaze kubona ikipe azasaziramo bitewe nuko abakinnyi bageze mu myaka ye batangira kwifuzwa n’amakipe ashaka kwamamaza mu gukinisha abakinnyi bakomeye cyangwa kwagura ibikorwa byayo.
Amakuru dukesha ikinyamakuru butfootballclub.fr aravuga ko Perezida w’ikipe ya Sporting Club de Portugal yatangaje ikipe yiteguye guha karibu umukinnyi Cristiano Ronaldo mu ikipe ayoboye kugirango asazire iwabo bitewe nuko yahagarariye neza igihugu cye mu mahanga
Mu magambo uyu mugabo Bruno de Carvalho yitangarije yagize ati:”Simbitindaho,ndifuza gufasha uriya musore kurangiza igihe cye mu mupira w’amaguru mu gihugu cya cy’amavuko,yaduhaye byinshi tutamwitura,icyo tumugomba nukumushajisha neza iwabo mu rugo,yaduhagarariye neza mu mahanga turamukunda niyo mpamvu twifuza kumubona hano“.
-
Imyidagaduro24 hours ago
Fiancée wa Meddy yerekanye ikintu gikomeye atandukaniyeho n’abakobwa benshi b’iki gihe
-
Imyidagaduro19 hours ago
The Ben ararye ari menge bitihise Pamella baramumutwara
-
Ubuzima20 hours ago
Wari uziko abantu bashobora kumatana barimo gutera akabariro?Menya icyo abahanga babivugaho.
-
Imyidagaduro11 hours ago
Diamond Platnumz yaraye asebereje Tanasha Donna imbere y’abafana be
-
Imyidagaduro9 hours ago
Social Mula yikomye Bruce Melodie amuziza kwishyira hejuru nyuma yuko yitiriwe ISIBO TV
-
Hanze23 hours ago
Joe Biden yiseguye ku banyamerika kubera abasirikare be bafotowe basinziriye
-
Inkuru rusange2 hours ago
Nyuma yo gusezera kuri RBA, Tidjara yerekanye igitangazamakuru agiye gukorera
-
imikino20 hours ago
Didier Gomez da Rosa wahoze atoza Rayon Sports yagizwe umutoza w’indi kipe ikomeye.