in imikino Mvukiyehe Juvenal wirukanwe muri Kiyovu Sports yagarukanye ubukana nk’ubwurusenda rukaranze
in imikino APR FC yateze umushibuka umutoza Thierry Froger Christian ushobora kumushibukana isaha n’isaha
in imikino “Ibi kandi biranareba Abafana” KNC yongeye guha ubutumwa amakipe yo muri shampiyona y’u Rwanda ayibutsa ubushongore n’ubukaka bw’ikipe ye ya Gasogi United
in imikino, Utuntu n'utundi Bishobora kumukoraho! Umukinnyi wa Manchester United waje afatwa nk’igisubizo akomeje kuba iciro ry’imigani nyuma yo gukora amakosa yatumye iyi kipe igarikwa
in imikino Nyamara muri Iyi kipe birakomeye! Abakinnyi 4 ba Rayon Sports banze gukorana imyitozo n’abandi bakinnyi kubera impamvu zikomeye
in imikino Birabe ibyuya muri Murera! Abakinnyi 4 ba Rayon Sports barimo 3 bari muri 11 bakinnye na Al Hilal Benghazi barwariye rimwe ariko ntibyabujije ko abasigaye bakora imyitozo – AMAFOTO
in imikino Gutsindwa 6-1 ntibyari kubagwa amahoro! Thierry Froger utoza APR FC n’abo bakorana ibyabo byajemo kidobya nyuma yo kwandagazwa na Pyramids FC
in imikino Umukinnyi uri kwisonga mu batwaye Champions League nyinshi yeruye atangaza ikipe izegukana iki gikombe gusa ibyo yavuze byatumye n’abakunzi b’iyi kipe batamushyigikira
in imikino Hamenyekanye umukinnyi ukomeje guteranya abandi bakinnyi bagenzi be mu ikipe ya Rayon Sports bigatuma umutoza Yamen Zelfani akomeza gukorana nabumva ibyo ashaka gusa
in imikino “Ceceka kandi wicare. Nawe ceceka” Uwikunda Samuel yacecekesheje umutoza wa Kiyovu Sports agize ngo na we aramucecekesha ahita ahabwa ikarita itukura
in imikino Umunyamakuru w’imikino Faustinho wari umushyushyarugamba ku mukino wa Rayon Sports na Al Hilal Benghazi, yashimiye abafana ndetse avuga ibikwiye gukosorwa muri Murera – AMAFOTO