in imikino Agiye gusesekara i Kanombe! Byiringiro Lague yasize Yannick Mukunzi na bagenzi be bakiri mu byishimo byo kwegukana igikombe cya shampiyona, we ahita afata indege aza mu Rwanda
in imikino Marcel Rutagarama wamenyekanye mu kogeza imipira kuri Radio Rwanda, yavuze ko ikipe afana ariyo ikunzwe kuruta izindi hose mu Rwanda
in imikino Umukinnyi w’umunyamahanga wa Rayon Sports wari wahamagawe mu ikipe y’igihugu yakuwe mu mwiherero w’abandi kubera urwego ruri hasi nubwo hano mu Rwanda yamaze amakipe ayatsinda agafatwa nk’igitangaza
in imikino Byose abishyize ahagaragara! Umuhanzi Uncle Austin yavuze impamvu nyakuri yatumye The Ben adatanga igihembo muri TRACE Awards iheruka kubera i Kigali
in imikino Umuhungu w’Igikondo ntajya yiburira! Byiringiro Lague na bagenzi be ubwo bishimiraga igikombe ikipe yabo yatwaye, Lague yuriye imeza maze abyina za mbyino z’i Kigali birangira na Yannick Mukunzi yuriye arahamusanga banywa n’inzoga – VIDEWO
in imikino Chelsea abantu bayibeshyeho: Ikipe ya Chelsea FC igaraguranye na Manchester City ruburu gica
in imikino Bizagorana kubona undi nkawe: Umukinnyi wa Chelsea yanditse amateka adasanzwe azahora yibukwa
in imikino Ikipe ya Rayon Sports yatangaje umukinnyi bagomba gutoramo uw’ukwezi kwa 10 hatungurana umwe benshi bemezaga ko ari mu batuma ikipe ititwara neza
in imikino “Nayubusa uzamutwereka sha” Umunyamakuru w’imikino Imfura Luck yerekanye umukobwa wuburanga bari kurebana akana ko mujisho akamwenyu ari kose -AMAFOTO
in imikino Burya koko nta byera ngo de! Mu gihe Byiringiro Lague na Mukunzi Yannick basekaga Mutsinzi Ange yariraga ayo kwarika