in

Umusimbura wa Haruna Niyonzima yaba ari uyu? Umusore ukiri muto ukina mu Bubiligi wahamagawe mu ikipe y’igihugu Amavubi yahise ahabwa nimero 8 ya Kapiteni Haruna Niyonzima

Umukinnyi ukiri muto ukina mu Bubiligi mu ikipe ya Royal Standard de Liège w’imyaka 18 y’amavuko yahawe nimero 8 mu ikipe y’igihugu Amavubi iri mu myiteguro y’umukino izakinamo na Zimbabwe kuri uyu wa Gatandatu tariki 18 Ugushyingo 2023.

Uyu musore, Hakim SAHABO yagiye Royal Standard de Liège avuye muri Lille yo mu Bufaransa ubu yahawe nimero 8 ya Kapiteni Haruna Niyonzima.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imodoka yagonze abakozi babiri bakubura mu muhanda bahita bapfa, iyo modoka ihita yiruka kubera umukozi wa Leta wari uri kuyirukankana bapfa ibyangombwa bituzuye 

RIP! I Rusizi, umwana w’umukobwa yatewe inda n’umugabo wubatse bimuviramo gupfa