in

Bushali na Clapton Kibonke bakomeje guha isomo ry’uko abagabo bafite abana bwakiye kubaha urukundo

Umuraperi mu njyana ya Kinya-Trap Bushali yagaragaye ateruye umwana we witwa Bushali Moon uherutse kugaragara ku rubyiniro mu gitaramo cyabereye muri BK Arena ubwo Bushali yazaga ku rubyiniro ari kumwe n’uyu mwana we bose bagataramira abati bitabiriye icyo gitaramo.

Iyi foto Bushali ateruye umwana we yakoze ku mitima y’abantu benshi kubera ukuntu uyu Bushali yari ateruye umwana we yasinziriye bigaragara ko yamuririmbiraga.

Ibi bije nyuma y’aho umunyarwenya Clapton Kibonke nawe ashyize hanze ifoto ateruye abana be maze ku mbuga nkoranyambaga abantu bavuga ukuntu abandi bagabo bakwiye kwigira kuri aba bagabo ukuntu bita ku bana babo.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Lupita Nyong’o yahishuye ikintu kidasanzwe bakoreye nyakwigendera Chadwick Boseman mbere yo gufata amashusho ya filime ya Black Panther

Niba ubyibushye cyangwa unanutse cyane umva neza ubu butumwa burakureba