in

Bull Dogg avuze ubugome yakorewe na The Ben , burya afitanye indirimbo y’imana na Bruce Melodie

Ndayishimiye Malik Bertrand wamenyekanye mu muziki nyarwanda nka Bull Dogg mu burakari bwinshi yakomoje ku bugome yakorewe na The Be kubera ibyo bari barasezeranye mu ndirimbo bafitanye ariko Akanga ku byubahiriza.

Mu kiganiro kirekire yagiranye na M Irene Kuri MIE TV ikorera kuri YouTube channel uyu muhanzi w’umuraperi Bull Dogg yavuze ibyo atishimiye yakorewe na The Ben.

Yagize ati:” uyu musani The Ben twari dufitanye indirimbo n’amashusho n’amajwi byose byaramaze gutunganya gusa tugeze mu buryo bwo kuyisohoro arananiza. ”

Mu byo Bulldog yatangaje yirinze kugira icyo avuga ku bintu baba batarumvikanyeho we na The Ben ibyo yavuze nuko atazongera kuvuga kuri iki kibazo kuko ntago aba ashaka ku byibuka.

Uyu muhanzi mu rwenya rwinshi yavuze ku ndirimbo afitanye nya Bruce Melodie y’Imana ayiririmbye yumvikana nkikorasi yo mu rusengero gusa yavuze ko iyo ndirimbo ihari kandi izasohoka vuba.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Christopher agize ati “hiti si nyoko, ntarahura na Element numvaga ari agapeti” atangaje byinshi ku muziki we

Rusizi:Umugabo w’imyaka 43 yafatanywe umufuka wuzuye udupfunyika tw’urumogi