in

NdabikunzeNdabikunze

Breaking: Tombora ya Champions League igiye kongera gusubirwamo

Bitunguranye Tombora ya Champions League igiye kongera gusubirwamo nkuko UEFA ubitangaje, kubera ikibazo cya Technical cyabaye muri Tombora yabanje.

Amakipe menshi kwikubitiro ikipe ya Villarreal, Atletico Madrid na Manchester United zahise zitanga ibirego ko iyi tombora yarangiye kwisaha ya saa Saba itanyuze mu mucyo.

Nyuma yuko abakoraga tombora yarangiye bibeshyaga bagahuza ikipe ya Manchester United na Villarreal Kandi zari ziri mw’itsinda rimwe amakipe menshi yahise atanga ibirego avuga ko iyi tombora yarangiye itanyuze mumucyo.

UEFA ibinyujije kurubuga rwayo yahise itangaza ko iyi tombora yarangiye igiye kongera gusubirwamo kwisaha ya saa kumi.

Messi na Ronaldo bashobora kongera kudahura cyangwa ikipe uko zari zatomboranye ntibyongere.

 

Turakomeza gukurikirana iyi nkuru…..

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kenya : Umusore yashyize impyiko ye kwisoko ngo abone inkwano(Amafoto)

Breaking: Menya uko isubirwamo rya tombora ya Champions League muri ¹/16 igenze