in

Breaking: AFCON igiye gusubikwa bitunguranye

Igikombe cya Africa gihuza ibihugu cyaba kigiye gusubikwa bitunguranye nkuko Umunyamakuru, Ismael Mahmoud uzwiho kumenya amakuru ajyanye n’umugabane wa Africa abitangaje.

Nkuko bitangajwe ishyirahamwe rishinzwe umupira ku mugabane wa Africa, CAF rigiye gusubika icyi gikombe cya Africa cyari guteganyijwe kuba mu ntangiriro za 2022 mu kwezi kwa mbere.

Impamvu nyamukuru, nuko amakipe menshi yandikiye ishyirahamwe rishinzwe umupira kw’Isi FIFA basaba ko bareba uko icyi gikombe cyakwimurwa.

Aya makipe menshi yo ku mugabane w’iburayi yandikiye FIFA avuga ko ahanganiye n’imibereho yo gukina icyi gikombe Kandi bahangayikishwijwe n’imikino myinshi bafite bishobora kuviramo imvune nyinshi aba bakinnyi.

Biteganyijwe ko ishyirahamwe rishinzwe umupira muri AFRICA, CAF riza gutanga itangazo rivuga ko icyi gikombe cya AFCON gisubitswe mbwangu.

Benshi muri Africa bakomeje kwibaza ese Niki cyaba kitagenda mu mitegurire y’amarushanwa kuri uyu mugabane wa Africa.

Turakomeza kubakurikiranira iyi nkuru……

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa w’uburanga yahatiye umukunzi we kumwambika impeta arabyanga ,birangira mu marira(Video)

Ibibaye kuri babageni barwaniye mu rusengerero ntawe bitariza||dore ikigiye gukurikiraho.