in

Biteye agahinda: Reba ingaruka mbi umupira w’amaguru usigira umuntu wa winjiyemo

Umupira uragatsindwa! Nta rwenya ugira, n’iyo mushatse kuganira cyane urakwiyama! Uwawuremye azabibazwa.

Umupira w’amaguru ni umukino ukunzwe na benshi ku Isi, ariko ukaba umukino wa mbere ubabaza benshi ku Isi. Nta rwenya ugira, ndetse iyo mushatse kuganira cyane urakwiyama mu buryo bumwe cyangwa ubundi.

Mu gihugu cya Nigeria, Ghana na Chad bakunze gukoresha ijambo ry’icyongereza rivuga ngo “Football no bi your mate”. Iri jambo risobanuye ibintu byinshi harimo kuba umupira nta nshuti ugira, nta muntu bangana mu myaka, kuko umupira nta muntu n’umwe wubaha.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru wa RBA Rigoga Ruth yifurije isabukuru y’amavuko mugenzi we Jean Luc Imfurayacu mu magambo atagira uko asa

Ubwo Rayon Sports iri kwitegura gutaha ikibuga cyayo kiri mu Nzove yatangaje ikindi gikorwa iri buhakorere kidasanzwe