in

Biravugwa ko Kiyovu Sports nta muyobozi igifite kugeza ubu ndetse n’umutoza yinangiye

Biravugwa ko Kiyovu Sports nta muyobozi igifite kugeza ubu ndetse n’umutoza yinangiye

Ikipe ya Kiyovu Sports iri mu bibazo kugeza ubu byo kubura intsinzi biterwa no kuba abakinnyi batameranye neza n’ubuyobozi, bivugwa ko iyi kipe uwari umuyobozi wayo yeguye.

Hashize amezi agera kuri 4 Ndorimana Francois Regis uzwi nka General afashe ikipe ya Kiyovu Sports yeguje Mvukiyehe Juvenal wari umaze kubaka igitinyiro mu bacyeba b’iyi kipe.

Uyu muyobozi wari uyoboye Kiyovu Sports, biravugwa ko yamaze gusezera bitewe ni uko ngo inama yagombaga gukorwa ni mugoroba ngo ntabwo yigeze ayitabira kandi hagombaga kuvugirwamo ibibazo by’imishahara abatoza batarahabwa.

Bivugwa ko abakinnyi ba Kiyovu Sports bahawe umushahara ariko abatoza ntibayabona none BIPFUBUSA utoza iyi kipe yamenyesheje ubuyobozi ko umukino ugomba kubahuza na Gorilla FC ngo ntabwo ari buwutoze kereka nahabwa amafaranga.

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umubano uri hagati y’umugabo wa Zari n’abana yabyaranye na Diamond Platnumz ukomeje gukora benshi ku mutima (Amashusho)

Kimwe n’abandi,umuhanzi Nkubi yateguje EP igaruka ku buzima bwe