in

Batangiye imyitozo i Shyorongi! Abakinnyi 2 bashya APR FC yaguze bagaragaye mu myitozo – AMAFOTO

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 21 Ukuboza 2023, ni bwo abakinnyi bashya babiri ba APR FC batangiye imyitozo i Shyorongi aho iyi kipe ikorera.

Aba bakinnyi na umusore ukuri muto witwa Kategeya Elie w’imyaka 18 y’amavuko wavuye muri Mukura VS

Undi ni Mbonyumwami Taïba wari waratije muri Marines FC, bombi batangiye imyitozo muri APR FC yitegura irushanwa rya Mapinduzi Cup izitabira mu mpera z’uku kwezi.

Kategeya Elie w’imyaka 18 y’amavuko ni umukinnyi mushya wa APR FC
Mbonyumwami Taïba wari waratije muri Marines FC

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

U Rwanda rurakunzwe koko! Umukinnyi njyenderwaho muri Paris Saint Germain yageze mu Rwanda -AMAFOTO

Arabona iminsi itava aho iri! Ronaldinho Gaúcho afite ubwira bwo kuza i Kigali gukinira muri sitade Amahoro yagizwe nshya muri byose