in

Bamwe bendaga guciraho abandi imyenda bashaka kwemeza umutoza: Ihere ijisho uburyo abakinnyi ba Rayon Sports bari bakaniye imyitozo ya nyuma yo kwitegura APR FC aho buri mukinnyi yashakaga kwemeza umutoza kugira ngo azabanze mu kibuga -AMAFOTO

Bamwe bendaga guciraho abandi imyenda bashaka kwemeza umutoza: Ihere ijisho uburyo abakinnyi ba Rayon Sports bari bakaniye imyitozo ya nyuma yo kwitegura APR FC aho buri mukinnyi yashakaga kwemeza umutoza kugira ngo azabanze mu kibuga.

Uyu munsi nibwo abakinnyi bose b’ikipe ya Rayon Sports bakoze imyitozo ya nyuma yo kwitegura ikipe ya APR FC bazacakirana ku mukino w’igikombe gihiga ibindi cya Super Cup akaba ari umukino uzaba ku munsi w’ejo ku wa gatandatu aho amakipe yombi yakaniye uyu mukino.

Amafoto y’uburyo abakinnyi ba Rayon Sports bari bameze mu myitozo ya nyuma yo kwitegura APR FC bazakina ku munsi w’ejo kuri Kigali Pele Stadium:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Basanze byinshi byamaze kwangirika! Mu Rwanda, inkongi y’umuriro yibasiye amacumbi y’abarimu bari gukosora ibizamini bya Leta – AMAFOTO

‘Ku kibero cye burya hariho tatowaje’ uku ni ugushotorana pee,  Puculi yerekanye amafoto yambaye akajipo ka gufi cyane ndetse na tatuwaje iri ku kibero igaragara [AMAFOTO]