in

Azemera yicare ku gatebe mpaka: Kylian Mbappe ntakozwa ibyo kujya mu ikipe Paris Saint Germain yamushimiye

Azemera yicare ku gatebe mpaka: Kylian Mbappe ntakozwa ibyo kujya mu ikipe Paris Saint Germain yamushimiye.

Ikipe ya Paris Saint Germain yamaze kwemera ubusaba bw’ikipe ya Al-Hilal yo muri Saudi Arabia irigutanga akavagari k’amafaranga kuri rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa Kylian Mbappe gusa uyu mukinnyi ntakozwa ibyo kujya muri iyi kipe yo muri Saudi Arabia.

Kylian Mbappe ntabwo yitaye ku mafaranga atagira ingano ari guhabwa n’ikipe ya Al-Hilal yo muri Saudi Arabia ahubwo uyu musore umutima we urarikiye ikipe ya Real Madrid yo mu gihugu cya Espane.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Impeshyi nawe ntimusiga akiryama wenyine! Umunyamakuru wa RBA, Ingabire Yvonne yakorewe ibirori byo gusezera ubukumi ‘ bridal shower’ – AMAFOTO

Ny’iribyago imbwa ziramwonera koko! Agahinda ni kenshi kuri Emery Bayingana n’ikipe ye ya Gor Mahia