in

Amayobera ku mukino wahuje Rayon na APR. Hari uwazanye inyoni mu modoka aje kuroga. Reba amashusho

Ni kenshi havugwa amarozi mu mupira w’amaguru hano mu Rwanda gusa kenshi nta gihamya ibi igaragarara yerekana ko ibivugwa ari ukuri. Gusa kenshi hagenda hagaragara ibikorwa ndetse n’imigenzo imwe n’imwe ku bibuga bitandukanye yaba ku bakinnyi cyangwa ku bafana bigatuma bamwe bibaza icyo bigamije.

Ku mukino wahuje Rayon Sports na Apr fc kuwa gatandatu tariki 26 Gashyantare 2022, ukaza kurangira ari 0-0 hagaragaye amashusho adasanzwe benshi bakeka ko ari amarozi nkuko bikunze kuvugwa n’abatari bake.

Mu mashusho yagiye hanze, agaragaraza imodoka ya Coaster irimo inyoni ndetse ubona ko bayifungiranyemo yabuze aho inyura ngo isohoke. Benshi bakaba baketse ko ari umuntu wayizanye mu buryo bwo kuronga nkuko bakunda kubivuga.

Reba ayo mashusho HANO

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

iPhone yamaze imyaka 10 muri toilet yateye ubwoba abantu

Urubuga rwerekana amashusho y’urukozasoni narwo rwafatiye Uburusiya ibihano