in

Amashusho y’umunyarwenya Dogiteri Nsabi wagaragaye arimo kuririmba yatangaje benshi kubera ijwi rye – VIDEWO

Umunyarwenya Dogiteri Nsabi uri mu bagezweho mu Rwanda, yatangaje ababonye amashusho ye ari kuririmba.

Ni amashusho akomeje gucaracara ku mbuga nkoranyambaga, aho uyu musore yagaragaye arimo kuririmba indirimbo y’Imana.

Ababonye aya mashusho batunguwe n’ukuntu uyu musore afite izwi ryiza, ndetse hari n’abavuze ko ashobora kuba agiye kwinjira mu muziki Nyarwanda.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Intambara y’amagambo hagati ya Shaddyboo na Uncle Austin ikomeje kubambika isura itari nziza kubera amagambo bari kubwirana -Amafoto

Inkuru itari nziza! Hagiye gushyirwaho ingamba nk’izo muri COVID-19 mu buryo butunguranye