in

Inkuru itari nziza! Hagiye gushyirwaho ingamba nk’izo muri COVID-19 mu buryo butunguranye

Guverinoma ya Zambia ikomeje gushyiraho ingamba zo guhangana n’indwara ya Cholera ikomeje kuba icyorezo.

Izo ngamba zirimo guhagarika ibikorwa byo guhazwa ndetse n’ifunguro ryera, bisanzwe bikorwa n’amadini n’amatorero, ndetse ko bagomba gukara intoki no kutegeran.

Insengero kandi zategetswe kutarenza amasaha 2 basenga mu rwego rwo guhangana n’icyorezo cya Cholera gikomeje kuvuza ubuhuha muri iki Gihugu.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amashusho y’umunyarwenya Dogiteri Nsabi wagaragaye arimo kuririmba yatangaje benshi kubera ijwi rye – VIDEWO

Kazungu Denis yishe undi musore witwa Kimenyi Yves?