in

Amarira n’agahinda gakomeye k’umukinnyi w’umufaransa uhombye gukina igikombe cy’isi.

Nyuma y’imvune nyinshi ziri kugenda zibasira abakinnyi benshi batandukanye mbere y’igikombe cy’isi ikipe y’igihugu y’ubufaransa nayo ihombye umukinnyi ukomeye wari kuzabafasha mu gikombe cy’isi.

Amarira n’agahinda gakomeye k’umukinnyi w’umufaransa ukinira ikipe ya Chelsea yo mu bwongereza ndetse akaba afite amamoko muri Afurika Ngolo Kante agomba kumara amezi hanze y’ikibuga nyuma yo kumubaga.

Ngolo Kante ukina mu kibuga hagati azamara amezi 4 hanze ariko inkuru nziza k’ubufaransa nuko umukinnyi Paul Pogba nawe ukina mu kibuga hagati mu ikipe y’igihugu y’ubufaransa nawe yatangiye imyitozo ndetse naba ameze neza ashobora gukina igikombe cy’isi kizabera mu gihugu cya Qatar.

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

« Umu dada wa bien, urasa neza pe… » – Wa mukobwa w’icyuki ukina muri Nyaxo comedy yavugishije abasore benshi

Nyuma yo kwiba Phil Peter igitekerezo Harmonize yabaye igitaramo muri Tanzania.