in

Amakuru mashya: Umukinnyi wa APR FC ari mu maboko ya Polisi

Amakuru dukesha ikinyamakuru cy’imikino hano mu Rwanda, B&B Fm umwezi nuko umwe mu bakinnyi ngenderwaho mu ikipe ya APR FC ari mu maboko ya Police.

Nkuko iki kinyamakuru kibitangaza, kivuga ko uyu mukinnyi uzwi nka Bizimana Yannick yatawe muri yombi na Police ubwo yari yarengeje amasaha yo gutaha, ndetse akaba yari yanarengeje igipimo cy’inzoga umuntu yemerewe kunywa igihe ateganya gutwara imodoka.

Bizimana Yannick ni rutahizamu ya APR Fc, akaba yarayijemo aguzwe mu ikipe ya Rayon Sports.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Agahinda k’umugabo kasekeje abatari bake Amafoto

Indirimbo nshya: Kakandi ya Bourchaga yamaze gusohoka mu buryo bw’amajwi n’amashusho