imikino
Amagambo y’ibitutsi yashwanishije Cristiano na Zidane yashyizwe ku karubanda

Uyu munsi mu gitondo nibwo Zidane yabwiye ESPN ko ntakibazo kirimo kuba Cristiano yaragaragaje ko atishimiye icyemezo cyo kumusimbura mu kibuga ubwo Real Madrid yanganyaga na Las Palmas
Zidane ati” Ni umuhanga arabizi neza ko  ibyemezo by’ umutoza ari byiza ku ikipe muri rusange  kandi ikindi buri mukinnyi wese yarakara igihe asimbujwe agifite ishyaka ” Nyamara nubwo avuga gutya televiziyo yo muri Espagne yitwa Deportes Cuatro  yashyize hanze amagambo yose Cristiano yavuze abwira Zidane.
Cristiano wasimbujwe kugira ngo azabone uburyo yifashishwa mu mukino wa Champions League uzahuza Real Madrid na Borussia Dortmund,yavuye mu kibuga bigaragara neza ko atabyishimiye ndetse agenda yerekera ku gatebe k’abasimbura yijujuta avuga amagambo akomeye.
Cuatro TV ivuga ko Cr7,rutahizamu w’imyaka 31 yagiye agira ati”kuki njye kandi ntako ntagize ngo dutsinde 2-1″ arongera ati”” f**k yourself!……….,Tu Puta Madre bikaba bishatse kuvuga “Nyina ni indaya†…,
Mbere yuko Cr7 ava mu kibuga,igihe Zidane yarahagurutse agiye kumusimbuza hari amashusho agaragaza Isco na James Rodriguez bahwihwisa bivugwa ko bagiraga bati” ntabwo Cr7 aza kwishimira uku gusimbuzwa”
-
Imyidagaduro8 hours ago
Bahavu Jannet wamenyekanye nka Diane muri city maid yakoze ubukwe (amafoto)
-
Imyidagaduro2 days ago
Ndimbati yambitse impeta Shaddyboo ubwo bari muri studio za RBA (amafoto)
-
Imyidagaduro6 hours ago
Kimenyi Yves yateye ivi asaba Miss Uwase Muyango ko yazamubera umugore (amafoto)
-
Imyidagaduro2 days ago
Junior Giti yakije umuriro kuri PK wamwibasiye|Avuga ko namufata bazakizwa na RIB.
-
Izindi nkuru2 days ago
Wa mukobwa mwiza wari utegereje gupfa Imana iramutabaye| Abagiraneza bamufashije kujyanwa kwa Muganga| Josiane
-
Izindi nkuru1 day ago
Umusore n’umukobwa bemeye kwihambira iminyururu amezi 3 ngo basuzume urukundo rwabo.
-
Imyidagaduro2 days ago
Umuhanzi Platini biravugwa ko agiye gukora ubukwe mu ibanga rikomeye.
-
inyigisho8 hours ago
Dore ibintu bibabaza abagore bikabatera kwibaza ukuntu babaye amasugi kandi bafite abagabo.