Imyidagaduro
Derek (Active) yiyegereje uyu umukobwa nyuma yo gutandukana na Miss Teta Sandra (Amafoto )

Derek Sano yatandukanye na  Miss Teta Sandra  mu ibanga ndetse ntibyasakuza cyane dore ko Miss Sandra we ubwe yavugaga ko Derek ari we wafashe umwanzuro w’uko batandukana,ndetse akirinda kugira byinshi arenzaho. Hari hashize iminsi myinshi Derek atuje ndetse atagaragarana n’abakobwa ,kuri ubu yifotoje ari mu bakobwa batatu ariko uwo yiyegere we ni uwari wambaye Bikini.
YEGOB.RW yagerageje kubaza umwe muri Active iby’iyo foto maze adutangariza ko ntakindi kintu kinini gihari ahubwo ko ngo hari mu ifatwa ry’amashusho y’indirimbo nshya bise “Slow Down” ariko kandi  biravugwa ko Derek yamaze kubona umwibagiza Miss Sandra nubwo ntagihamya ko ari uyu.
Amakuru dukura ku nshuti ya hafi ya Derek yemeza ko Derek koko yaba afite indi nshuti imwibagiza Miss Teta yari yarimariyemo gusa ngo aracyabigize ibanga cyane kuko adashaka ko byongera kujya mu itangazamakuru nk’uko mbere byari bimeze.
Nubwo bimeze gutyo kuri Derek,kuri Teta bakundanaga we ntabwo ariko bimeze kuko aherutse gutangaza ko yifuza umusore utajenjetse ati “Mu gihe gikwiye habonetse umuntu ukwiye namwakira tugakundana rwose nta kibazoâ€.
IYO BIJYANYEÂ :Â Teta Sandra arifuza umusore utajenjetse umwibagiza Derek
-
Imyidagaduro1 day ago
Ndimbati yambitse impeta Shaddyboo ubwo bari muri studio za RBA (amafoto)
-
Imyidagaduro2 days ago
Njuga ukina muri Seburikoko yirukanywe mu nzu abamo| Yiyamye umusore baturanye wamuhururije abanyamakuru| Inkuru irambuye
-
Inkuru rusange2 days ago
Umugabo n’umugore bakinnye ikinamico y’ubukwe bakiri abana byarangiye barushinganye.
-
Izindi nkuru1 day ago
Wa mukobwa mwiza wari utegereje gupfa Imana iramutabaye| Abagiraneza bamufashije kujyanwa kwa Muganga| Josiane
-
Imyidagaduro2 days ago
#MissRwanda2021: Abakobwa 3 bahaye ubutumwa mugenzi wabo ushyigikiwe na Ali Kiba| Bose barashaka ikamba| Umuriro watse 🔥
-
Imyidagaduro2 days ago
ShaddyBoo yinjiye byeruye mu bucuruzi bw’amashusho n’amafoto ku rubuga rwa Onlyfans
-
Imyidagaduro1 day ago
Junior Giti yakije umuriro kuri PK wamwibasiye|Avuga ko namufata bazakizwa na RIB.
-
Izindi nkuru1 day ago
Umusore n’umukobwa bemeye kwihambira iminyururu amezi 3 ngo basuzume urukundo rwabo.