in

Amafoto:Irebere umusaza rukukuri w’imyaka 100 uburyo yizihije isabukuru ye ari kumwe n’abamansuzi bambaye ubusa

Irebere umusaza rukukuri w’imyaka 100 uburyo yizihije isabukuru ye ari kumwe n’abamansuzi bambaye ubusa.

Gioacchino Poma bamwe bita Jack yaryohewe n’umunsi udasanzwe wo kuzuza imyaka ijana yizihirije muri Dallas, Texas aho umukobwa we yamujyanye mu kabyiniro kaho akishimana n’abakobwa bazwi nk’abamansuzi.

Dina umukobwa w’uyu musaza yavuze ko azi neza ko se akunda ibintu bibiri ku isi, birimo abagore muri rusange n’amabere yabo by’umwihariko bityo rero abakobwa yamushakiye ari abanyamwuga, batumye agira akanyamuneza ku munsi we.

Uyu mukobwa yavuze ko azi neza ko se atigeze agira amahirwe mu buzima yo kujya mu kabyiniro ngo agire ibihe byiza nk’ibyo yagize, kandi ko se yishimye cyane. Ibi kandi akaba yarabihitiyemo uyu musaza kuko azi neza ko nta myaka myinshi asigaje, byibuze ariko iyo asigaje akwiye kuyishimamo.

Umugore w’uyu musaza hakaba hashize imyaka 12 yitabye Imana, kandi uyu musaza nta wundi mugore yari yagakozeho ndetse kandi ba nyiri aha hantu hazwiho gutanga ibyishimo by’umurengera bigizweho uruhare n’abanyamwuga b’abamansuzi babwiye uyu mukabwe ko igihe cyose azabyifuza yasubirayo.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Zari wahoze ari umugore wa Diamond yakije umuriro ku bamuvugira umukunzi we mushya

Hateguwe irushanwa ry’abanyempano mu kuririmba, kubyina no gutera urwenya rizahemba Miliyoni 5 z’amafaranga y’U Rwanda