Inkuru rusange
AMAFOTO: Reba umukobwa wabujije abasore amahwemo kubera imiterere ye idasanzwe

Abenshi bavuga ko asa na Gabriel Union nyamara Ravie Roso asa ukwe.Ravie yigaruriye imitima y’abagabo benshi  kubera uburyo ateye mu buryo budasanzwe,ubu ari mu bakobwa bakurikiwe cyane ku isi nyamara  ntakindi kintu akora usibye kumurika imideli .
Ravie akomoka  muri Jamaica ariko izina rye ryageze ku migabane yose y’isi kuko ateye ukwe kandi kwihariye,ntabwo bizwi niba nawe imiterere nk’iyi ayikesha ibyuma bya muganga (Kwibagisha) gusa ikizwi ijana ku ijana n’uko buri Foto ye igeze hanze ,ituma abantu bacika ururondogoro aho bava bakagera .
Reba amafoto ya Ravie Roso ,YEGOB.RW yabashije kukubonera.
-
Imyidagaduro18 hours ago
Ibya Miss Aurore na Egide noneho Super Manager arabihuhuye.
-
Imyidagaduro14 hours ago
Umunyamakuru wa RBA ukunzwe mu myidagaduro yifurije isabukuru nziza y’amavuko umukobwa bitegura kurushinga
-
inyigisho20 hours ago
Ngaya amakosa akomeye abakobwa bakora bazi ko azabafasha guhita barongorwa n’abakunzi babo.
-
Imyidagaduro19 hours ago
Nabaye imfubyi nkiri muto|Kuba Miss Rwanda ni inzozi zikomeye|Marie Paul
-
Imyidagaduro15 hours ago
Umuhanzi Ali Kiba ahishuye umukobwa ashyigikiye muri Miss Rwanda.