in

Abasenga musengere Neymar kuko amerewe nabi dore ko ashobora kudakomeza gukina iki igikombe cy’isi

Mu mukino wabaye ku mugoroba wahuje ikipe ya Burezili na Serebiya bikaza kurangira Burezili itsinze Ibitego 2-0, Neymar yagize ikibazo ku kabombabari k’iburyo kandi impuguke mu buvuzi zivugako bifata ibyumeru 2 iyo ari imvune yoroshye ku kagombambari ubundi iyo ikomeye bishobora no gufata amezi 3.

Umutoza wa Burezili yaremye agatima abakunzi ba Neymar agira ati muhumure Neymar arakomeza akine igikombe cy’isi.

Gusa hari abavuga ko uyu mutoza Tite ari kugira ngo areme agatima abakunzi ba Burezili, Neymar ntiyashatse kugira icyo avuga ku mvune ye.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru wari warabuze ku munsi we w’ubukwe yafashwe na Police ahita atabwa muri yombi

Urukundo ni rwogere:Umukobwa w’umukire Billy Gates,Gennifer Gates mu byishimo byinshi yashize hanze amafoto agaragaza ko atwite