in

Uduhigo tuba twinshi uko bwije n’uko bukeye:Menya byinshi ku mbwa ifite imyaka 22 bivugwa ko ariyo ishaje ku isi(Amafoto)

Uduhigo tuba twinshi uko bwije n’uko bukeye:Menya byinshi ku mbwa ifite imyaka 22 bivugwa ko ariyo ishaje ku isi.

Imbwa y’imyaka 22 y’amavuko yamenyekanye cyane mu bitabo bya Guinness nk’imbwa ishaje ku isi.

Nyirimbwa Alex Wolf, ukomoka muri Colorado, muri Amerika yatangaje ko yayikuye mu kigo mu 2002, hashize imyaka irenga 20, ariko yavutse imyaka ibiri mbere yuko we ajya kuyifata, bivugwa ko iyo mbwa yavutse ku ya 24 Nzeri 2000.

Alex, ubu ufite imyaka 40, avuga ko yabonye iyi mbwa igihe yari muri kaminuza muri California.

Iyi mbwa y’imyaka 22 y’amavuko yamenyekanye mu gitabo cya Guinness nk’imbwa nzima ishaje ku isi.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Juno Kizigenza byose abishyize hanze, disi aracyakunda Ariel Wayz batandukanye kandi ngo aracyategereje amahirwe ya 2

Abanyamakuru Sandrine Isheja, Andy Bumuntu na Rusine ba Kiss FM bongeye gukora agashya stidio bayimurira muri parikingi y’imodoka(videwo)