in

Abakinnyi ba Rayon Sports mu myitozo ya nyuma mu gihe habura iminota micye ngo bakine umukino wa mbere mu gukuramo mu gikombe cy’Amahoro (AMAFOTO na VIDEWO)

Rayon Sports igiye gucakirana na Interforce FC mu mukino ubanza wa 1/8 cy’Igikombe cy’Amahoro.

Ni umukino ugiye kubera kuri Kigali Pelé Stadium kuri uyu wa Kabiri tariki 16 Mutarama 2024. Abakinnyi Gikundiro igiye kubanze mu kibuga.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Impanuka ikomeye! Urukuta rw’inzu yubakwaga rugwiriye abantu bane -Amafoto

Amashusho y’umwana washyize ubuzima bwe mu kaga arimo guca ku kiraro hejuru y’amazi akomeje kugarukwaho cyane