in

Amashusho y’umwana washyize ubuzima bwe mu kaga arimo guca ku kiraro hejuru y’amazi akomeje kugarukwaho cyane

Amashusho y’umwana washyize ubuzima bwe mu kaga arimo guca ku kiraro hejuru y’amazi akomeje kugarukwaho cyane

Kuri uyu wa kabiri nibwo kumbuga nkoranyambaga hasakaye amashusho y’umwana wo mu gihugu cya Kenya urimo guca hejuru ku kiraro abantu benshi bayagarukaho cyane.

Bamwe mu bayagarutse harimo Umunyarwenya Eric Omondi ond anavuga ko agiye gutanga ubufasha iki kiraro kikubakwa neza kuko gifasha benshi ariko anagaya ubuyobozi bwabimenye bugaterera iyo ntibugire icyo bubikoraho.

Uyu mwana wanyuraga kuri iki kiraro yari yambaye imyenda y’ishuri ndetse ahetse n’igikapu ubona ko yashyize ubuzima bwe mu kaga agiye ku ishuri.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi ba Rayon Sports mu myitozo ya nyuma mu gihe habura iminota micye ngo bakine umukino wa mbere mu gukuramo mu gikombe cy’Amahoro (AMAFOTO na VIDEWO)

Umuti ku bantu bafite ibiheri mu maso byanze gukira cyangwa abafite amabara mu maso – Uyikoresha mu byumweru bibiri gusa ubundi ugasubirana uruhu rutoshye