in

Umunya Rwanda ati:”umusonga w’undi ntukubuza gusinzira”Mu gihe C.Ronaldo bimeze nabi mu cyeba we Leo Messi akomeje guca impaka.

Inkuru ikomeje kugenda ivugwa hirya no hino ku isi nuko CR7 adakina umukino ikipe ye ya Manchester United iri bukine na Chelsea Fc mu mukino wa shampiyona y’Ubwongereza EPL bitewe nuko yivumbuye akava mu kibuga umupira utarangiye ndetse bikamuviramo no guhanwa kudakorana imyitozo n’abandi,uy’umunya Portugal mu gihe bimeze gutyo mu cyeba we w’ibihe byose Leo Messi we akomeje gushimangira ko akiri umukinnyi wa mbere ku isi nkuko bigenda bivugwa n’abatari bacye ibyo yabishimangiye ubwo yatsindaga igitego kimwe mu bitego b’itatu PSG yatsinze Ajaccio Fc.

Uy’umunya Argentine Leo Messi n’ubwo ataje mu bakinnyi 30 ba mbere ku isi uyu mwaka, akomeje gushimangira ko akiri umukinnyi wa mbere ku isi.

Umukino wa Ligue 1 wahuzaga PSG vs Ajaccio warangiye:
Ajaccio 0-3 PSG
Mbape=2
Leo Messi=1

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhungu wa nyakwigendera Katauti yagaragaye mu myambarire iteye ubwuzu(amafoto)

Rocky yemeje abakobwa bavuga ko abasore nta mafaranga ba gifite ngo ahubwo afitwe n’abagabo bazanye inda