in ,

AMAFOTO: Dore imyitwarire mishya ya Malia Obama mu gitaramo ,nyuma yo gutumura agatabi akabigayirwa

Bitandukanye cyane n’uko Malia Obama yagaragaye mu iserukiramuzo rya  Lallapalooza. Kuri iyi ncuro ubwo yagaragaye mu iserukiramuco rizwi nka Made in America yari yitonze cyane ,ahagaze iruhande rwa murumuna we Sacha Obama.

Nk’uko popsugar ibitangaza ngo Malia Obama yari yambaye ingofero n’ikabutura ngufi cyane ndetse n’umupira ufite ibara ryera wanditse ngo gutumura agatabi birica.

Ntawamenya niba  kwambara umupira wamagana abanywa itabi yabitewe n’uko ibinyamakuru byinshi byavuze ko yagatumuye ubwo aheruka mu birori ariko kandi ngo noneho yigengesereye kuri iyi ncuro ntiyacinya akadiho kugeza ubwo yarinze ava muri ibi birori byaranzwe n’umudiho ndetse n’ibyishimo byayoborwaga  na Jay-z ndetse n’umugore we Beyonce wizihizaga isabukuru y’imyaka 35.

 

 

amakakl

akaklalala

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore impamvu abakobwa bo mu Rwanda bagaragaza imyanya y’ibanga maze bakisama basandaye

ShaddyBoo yahishuye ibanga akesha uburanga bwe buhebuje bwasajije abasore batari bake (amafoto)