Imyidagaduro
ShaddyBoo yahishuye ibanga akesha uburanga bwe buhebuje bwasajije abasore batari bake (amafoto)

Shaddy benshi bazi nka Shaddyboo ni umwe mu banyarwandakazi bakunzwe n’abantu batari bake ku mbugankoranyambaga. Shaddy rero umaze kuba umustar kubera ubwiza bwe akaba yatangaje ibanga acyesha ubwo bwiza bwahogoje benshi.
Mu magambo yaramutse yandika kuri instagram shaddy akaba yagize ati :”My beauty comes from having my own style,living my own way, and knowing my own mind” bisobanuye ngo “Ubwiza bwanjye buva (cyangwa se mbukesha) uburyo mbaho ubuzima bwanjye mu buryo bwanjye ndetse no kumenya icyo nshaka”
Comments
0 comments
-
Utuntu n'utundi24 hours ago
Umukobwa yarase umukunzi we ko iyo bari kumwe yumva nta ntare yamukoraho ,nyuma imbwa ije bakizwa n’amaguru.
-
Mu Rwanda12 hours ago
Umwana Samantha ukina filime aherutse kwibaruka yitabye Imana
-
Hanze21 hours ago
Uyu mugabo bamutegeye kurya amagi 50 maze agahabwa akayabo, apfa amaze kurya 42.|Menya icyamwishe
-
Hanze20 hours ago
Amazina ya nyayo y’umugabo Zari yasimbuje Diamond Platnumz arashyize aramenyekanye.
-
Ubuzima4 hours ago
Ibimenyetso simusiga byakwereka ko wamaze kwibasirwa na stress ikabije.