in ,

Young Grace ati ” Ntakaza ubusugi nanasomana n’umuhungu bwa mbere bwari ubwana”

Abayizera Marie Grace[Young Grace] ni umwe mu bahanzikazi bo mu Rwanda bakora Hip Hop aherutse gushyira hanze amajwi y’indirimbo bise ‘Ubwana bwanjye’ afatanyije n’umuraperi Ama G The Black.Mu gitero cye, Grace avuga ko mu bwana bwe hari abahungu benshi yahobagije/yagiye atendekana. ariko uwo avuga muri iyi video we ngo yamuhaye ubusugi bwe :

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bishop Rugagi yahanuriye umukobwa ko azatwara ikamba rya Miss Rwanda 2018

Miss Vanessa Uwase yeretse abafana be hagati y’amaguru yakuyemo imyenda (video)